Paul Kagame’s Dictatorship – The Hidden Crimes of Rwanda’s Leader Forums Real Life kugira ngo ushimishe umugore wawe Imibonano mpuzabitsina ni kimwe mu bintu byongera kandi bigakuza mubano w’abakundana

#650
Rwanda
Keymaster

Imibonano mpuzabitsina ni kimwe mu bintu byongera kandi bigakuza mubano w’abakundana

Imibonano mpuzabitsina ni kimwe mu bintu byongera kandi bigakuza mubano w’abakundana. Ariko bijya bibaho ko bamwe mu basore bagenda badashimishije aba bakunda nk’uko bari babibitezaho. Ibi bishobora kugira ingaruka zo kuba byabatanya.

Aha twabateguriye bimwe mu bintu abakobwa baba biteze gukorerwa n’abo bakunda mbere cyangwa mu gihe cy’imibonano:

Kumutegura mbere y’igikorwa: iki ni kimwe mu bintu abagore n’abakobwa baba bifuza gukorerwa mu gihe cyangwa mbere yo gukora imibonano mpuzabitsina. Iyo bidakozwe usanga bayikora batayishimiye bikaba byanatuma bataryohereza abo bari kuyikorana ku kigero babyifuzagaho.

Kwita ku myanya imutera ibyishimo:mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina umugore cyangwa umukobwa aba yifuza ko mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina, umugabo cyangwa umusore bari kumwe yamukora kumyanya imutera kwishima. Imwe muri iyo twavuga nk’amabere,iminwa ,mu mutwe, ku ijosi, rugongo n’ahandi .Hari igihe bibaho ko rero umuntu ajya gukora imibonano asa n’utiteguye. Ibi bintu tumaze kuvuga ntabyiteho, bikaba byatuma atagera ku byishimo yifuzaga kugira.

Kuza kumarana umwanya uhagije: abakobwa n’abagore ntibaba bifuza gukora imibonano mpuza bitsina igihe gito gishoboka, baba bifuza ko muyikora mu gihe gihagije ariko bidakabije, Kuko iyo bikabije na byo bibananiza maze bigatuma barangiza nabi. Ku bantu barangiza vuba rero biba bisa nk’aho umupfubije bikaba byatuma anakwanga.

Kumuganiriza: umukobwa ndetse n’umugore mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina aba ateganya ko mu gihe muza kuba muri gukora imibonano ugomba kuza ku muganiriza. Bijya bitungura benshi rero mu gihe bitabayeho kandi yabyifuzaga.

Guhuza amaso nawe mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina: mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina ni byiza kudaterwa isono n’ibyo urimo gukora. Ibi bigaragarira mu kuba wakwanga guhuza amaso n’uwo muri kumwe cyangwa ukifuza ko muyikorera ahantu hatabona. Guhuza amaso n’uwo muri kuwe ni ibintu by’ingenzi cyane kuko bifasha umugore kumva ntasoni atewe no kuba mu ryamanye. Si byiza gukora imibonano mpuzabitsina hatabona cyangwa wazimije amatara.

Kumwitaho mu gihe murangije gukora imibonano mpuzabitsina: Ibi bikunze kuba ku basore benshi aho bamara kurangiza gukorana imibonano, abakobwa bayikoranye basa nk’abatitaye kubo babikoranye. Abakobwa n’abagore bababitezeko nyuma yo kubikora muri burusheho kugirana urukundo. Ni byiza rero kutamuhana ahubwo ukamwumva ukanamuba hafi nyuma y’ibihe byiza muba mumaze kugirana.

Kumureka nawe akagira ibyo agukorera: mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina ukunze gusanga abasore bita cyane ku kuba aribo bakorera abakobwa ibikorwa byinshi mugihe cy’imibonano. Ibi rero biba ari byiza,a riko bikaba byiza kurushaho mu gihe uretse n’umukobwa cyangwa umugore nawe akagira icyo agukorera kuko nawe abayiteze kugira icyo agukorera kandi mwembi bikabashimisha.

Kwiga utuntu dushya: abakobwa n’abagore bahora biteze ko mu gihe cy’imibonano uko mu bikoze bwa mbere atariko mu zabikora ubwa kabiri. Bivuze ko bohora biteze ko uko mukeye n’uko bwije hari akandi kanyu gashya uzamuzanira mu gihe muzaba muri gukora imibonano mpuzabitsina kakazamushimisha.

paulkagame.info